Akarere ka Nyamagabe kiyemeje kuvuza Tegamaso wari warabuze miliyoni 8 zo kwivuza
Akarere ka Nyamagabe kiyemeje kuvuza umuturage witwa Tegamaso Cyprien wari warabuze miliyoni 8 zo kwivuza. Uyu muturage yari amaze imyaka ibiri arwaye yarabuze ubushobozi bwo kwivuza, amakuru y’uko akarere kagiye kumuvuza akaba agaragara mu rwandiko ako karere kandikiye ibitaro byitiriwe umwami Faisal tariki 02 Nyakanga 2020, kagaragaza ko ari mu cyiciro cyambere cy’ubudehe kandi ko kazamwishyurira serivisi z’ubuvuzi gashingiye kuri fagitire proforma ibyo bitaro byamuhaye tariki 04 Gashyantare 2020. Umuyobozi […]
Post comments (0)