Ibizamini by’akazi ku barimu biratangira mu cyumweru gitaha
Ikigo cy’igihugu cyita ku burezi (REB) gitangaza ko ku ya 14 Nyakanga 2020, abarimu bashaka kujya muri uwo mwuga babisabye bazakora ibizamini by’akazi. Ibyo ni ibyatangajwe n’Umuyobozi mukuru wa REB, Dr Irénée Ndayambaje, ubwo yari mu kiganiro ‘Ubyumva Ute’ kuri KT Radio ku wa 9 Nyakanga 2020, akaba yasubizaga uwari ubajije igihe ibyo bizamini bizakorerwa kuko itangira ry’amashuri ryegereje. Minisiteri y’Uburezi iherutse gutangiza gahunda yo kubaka ibyumba by’amashuri ibihumbi 22,505 […]
Post comments (0)