Sobanukirwa n’ubwoko bw’amaraso n’ibiyagize
Hari abantu bibaza ibibazo byinshi ku bijyanye n’ubwoko bw’amaraso, bamwe bakabihuza n’imiyitwarire ndetse n’imiterere ya muntu. Hari n’ababihuza n’ibibazo bamwe bagira byerekeranye no gusama, gukuramo inda no kubyara, hakaba n’abazi ko bikenerwa gusa igihe umuntu yagize ikibazo cy’amaraso make, agakenera kongererwa andi kwa muganga, cyangwa se guhabwa urundi rugingo. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)