Perezida Kagame yasobanuye ko atigeze aharanira kuba Perezida
Perezida wa Repuburika Paul Kagame avuga ko ajya ku rugamba rwo kubohora igihugu yari kimwe n’abandi bitabiriye urwo rugamba, ko atigeze atekereza ko yazaba Perezida w’u Rwanda. Yabitangaje ku wa 10 Nyakanga 2020, ubwo yari mu kiganiro yagiranye n’urubyiruko rw’abanyamakuru bakoresha cyane imbuga nkoranyambaga. Ni ikiganiro cyibanze cyane ku rugamba rwo kubohora igihugu, ariko kikaba cyanagarutse no ku zindi gahunda zitandukanye zireba igihugu. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)