Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yasobanuye ko atigeze aharanira kuba Perezida

todayJuly 11, 2020 40

Background
share close

Perezida wa Repuburika Paul Kagame avuga ko ajya ku rugamba rwo kubohora igihugu yari kimwe n’abandi bitabiriye urwo rugamba, ko atigeze atekereza ko yazaba Perezida w’u Rwanda.

Yabitangaje ku wa 10 Nyakanga 2020, ubwo yari mu kiganiro yagiranye n’urubyiruko rw’abanyamakuru bakoresha cyane imbuga nkoranyambaga. Ni ikiganiro cyibanze cyane ku rugamba rwo kubohora igihugu, ariko kikaba cyanagarutse no ku zindi gahunda zitandukanye zireba igihugu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwuzukuru we

Ubuyobozi bw'akarere ka NYagatare burizeza Segikwiye Alex ko bazamusura bakamenya neza ibibazo bye agashakirwa uburyo yavuza umwuzukuru we wavukanye ubumuga bwo mu isura. Uyu mwana witwa Ukwishatse Grace afite imyaka 7, yiga mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza kuri GS Rurenge. Ababyeyi be bombi bakaba baramutaye kwa sekuru. Umuyobozi w’akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza Murekatete Juliet avuga ko ikibazo cya Segikwiye bakizi kandi barimo gushaka uko bamufasha. Mbere […]

todayJuly 10, 2020 25

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%