Inkuru Nyamukuru

Abafite ubumuga bifuza kutabarirwa mu byiciro by’ubudehe by’imiryango yabo

todayJuly 14, 2020 54

Background
share close

Abafite ubumuga butandukanye bifuza ko batashyirwa mu byiciro by’ubudehe by’imiryango yabo, kuko bibabangamira mu gihe hagize ukenera ubuvuzi bwihuse kandi umuryango we wose utarishyura ubwisungane mu kwivuza.

Ibyo biravugwa mu gihe Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu iherutse gutangaza imiterere y’ibyiciro bishya by’ubudehe, aho byavuye kuri bine biba bitanu kandi bihindurirwa inyito. Gusa nta mwihariko wagaragajwe urebana n’abafite ubumuga.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umwunganizi akaba na Mukeba wa CIMERWA araza mu kwezi gutaha

Uruganda rushya rwa sima rukorera i Musanze mu ntara y’Amajyaruguru rwatangaje ko bitarenze ukwezi gutaha kwa Kanama 2020, ruzaba rwatangiye gukora sima yunganira itangwa n'uruganda CIMERWA rukorera i Rusizi mu Burengerazuba. Uruganda Prime Cement ruvuga ko ruzakora amoko menshi ya sima ivuye mu ruvange rw'ibintu bitandukanye birimo n'amabuye y'amakoro (akomoka ku iruka ry'ibirunga). Uruganda Prime Cement rwatangiye kubakwa i Musanze kuva mu mwaka wa 2018, rukaba rurimo gushorwamo amafaranga y'u […]

todayJuly 14, 2020 264

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%