Abafite ubumuga bifuza kutabarirwa mu byiciro by’ubudehe by’imiryango yabo
Abafite ubumuga butandukanye bifuza ko batashyirwa mu byiciro by’ubudehe by’imiryango yabo, kuko bibabangamira mu gihe hagize ukenera ubuvuzi bwihuse kandi umuryango we wose utarishyura ubwisungane mu kwivuza. Ibyo biravugwa mu gihe Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu iherutse gutangaza imiterere y’ibyiciro bishya by’ubudehe, aho byavuye kuri bine biba bitanu kandi bihindurirwa inyito. Gusa nta mwihariko wagaragajwe urebana n’abafite ubumuga. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)