Inkuru Nyamukuru

Abangavu babyaye imburagihe ngo iyo basobanukirwa itegeko ryo gukuramo inda ntibaba babayeho nabi

todayJuly 15, 2020 61

Background
share close

Umushinga “Baho neza” ushyirwa mu bikorwa n’ikigo giteza imbere ubuzima n’uburenganzira bwa Muntu (HDI) ku bufatanye na Imbuto Foundation na Minisiteri y’ubuzima watangije ubukangurambaga bwo gusobanurira abakobwa babyaye batujuje imyaka y’ubukure ibiteganywa n’amategeko y’u Rwanda mu bijyanye no gukuramo inda.

Mu mahugurwa y’iminsi itanu agenewe abo bangavu bo mu karere ka Musanze bagaragaje akababaro ko kuba bataramenye iryo tegeko ribarengera mbere y’igihe, ubu bakaba babayeho mu buzima bubi bw’inshingano zirenze barenze zo kurera abana.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Menya ubucuruzi bwunguka washoramo amafaranga yawe muri iki gihe

Kuva mu kwezi kwa Werurwe k'uyu mwaka ubwo gahunda ya "Guma mu rugo" yari imaze guhagarika urujya n'uruza rw'abantu n'ibintu kubera Covid-19, kugeza ubu hari ubucuruzi bwabaye nk'ubwibagiranye. Simon Kamuzinzi yaganiriye n’Ubuyobozi bw’Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF), bumugaragariza bimwe mu bikenewe kuri ubu umuntu yashoramo imari yizeye kubona inyungu. Umva inkuru irambuye hano:

todayJuly 15, 2020 301

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%