Menya ubucuruzi bwunguka washoramo amafaranga yawe muri iki gihe
Kuva mu kwezi kwa Werurwe k'uyu mwaka ubwo gahunda ya "Guma mu rugo" yari imaze guhagarika urujya n'uruza rw'abantu n'ibintu kubera Covid-19, kugeza ubu hari ubucuruzi bwabaye nk'ubwibagiranye. Simon Kamuzinzi yaganiriye n’Ubuyobozi bw’Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF), bumugaragariza bimwe mu bikenewe kuri ubu umuntu yashoramo imari yizeye kubona inyungu. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)