Abangavu babyaye imburagihe ngo iyo basobanukirwa itegeko ryo gukuramo inda ntibaba babayeho nabi
Umushinga “Baho neza” ushyirwa mu bikorwa n’ikigo giteza imbere ubuzima n’uburenganzira bwa Muntu (HDI) ku bufatanye na Imbuto Foundation na Minisiteri y’ubuzima watangije ubukangurambaga bwo gusobanurira abakobwa babyaye batujuje imyaka y’ubukure ibiteganywa n’amategeko y’u Rwanda mu bijyanye no gukuramo inda. Mu mahugurwa y’iminsi itanu agenewe abo bangavu bo mu karere ka Musanze bagaragaje akababaro ko kuba bataramenye iryo tegeko ribarengera mbere y’igihe, ubu bakaba babayeho mu buzima bubi bw’inshingano zirenze […]
Post comments (0)