Inkuru Nyamukuru

ABAKURIYE AMADINI N’AMATORERO BAKIRANYE UBWUZU ICYEMEZO CYO KONGERA GUFUNGURA INSENGERO

todayJuly 16, 2020 29 1

Background
share close

Nyuma y’aho inama y’abaminisitiri yateranye ku wa gatatu tariki 15 Nyakanga 2020 yemeje ko insengero zongera gufungura, abakuriye amadini n’amatorero bo mu Intara y’Amajyaruguru bishimiye uyu mwanzuro, baboneraho no kwizeza abanyarwanda ko biteguye kubahiriza amabwiriza yo kurinda abazisengeramo ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Covid-19.

Itangazo ry’ibyemezo ry’inama y’Abaminisitiri rishimangira ko n’ubwo insengero zemerewe gukora uburenganzira bwo gufungura buzajya butangwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze zimaze kugenzura ko hubahirijwe amabwiriza ya Minisiteri y’ubuzima.

Abakuriye amadini n’amatorero kuri micro y’Umunyamakuru wa KT Radio ISHIMWE RUGIRA Gisele batangaje ingamba bafite zirebana no kurinda abayoboke babo icyorezo cya Covid-19.

Bumve hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Agahinda k’umukobwa washutswe n’umuyobozi amutera inda afite imyaka 16

Umukobwa witwa Mukundente Laïlla wo mu kagari ka Kigombe mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze, arasaba ubutabera nyuma yuko ashutswe n’umusore ubwo yigaga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri abanza, yamara kumutera inda agatoroka. Uwo musore ukekwaho gutera uwo mukobwa inda ni uwitwa Shyaka Aaron, umaze iminsi mike asezerewe ku nshingano ze z’ubuyobozi, aho yari umukozi ushinzwe ubukungu n’iterambere mu Kagari ka Birira mu Murenge wa Kimonyi nyuma y’amakosa […]

todayJuly 16, 2020 99

Post comments (1)

  1. Ndayishimiye Vedaste on July 16, 2020

    Turashima ubuyobozi mwareta kuba bemereye abanyamadini gusubiza munsengero hazabeho kubahiriza amabwiriza yokwirinda colonavirus

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%