I Nyaruguru bujuje ibyumba by’amashuri 71 bubatse ku nkunga ya Banki y’isi
Akarere ka Nyaruguru kabimburiye utundi turere two mu Rwanda mu kuzuza ibyumba by'amashuri byubatswe ku nkunga ya banki y'isi. Ni ibyumba by'amashuri 71 hamwe n'ubwiherero 96 byubatswe ahari ubucucike bukabije ndetse n'aho byabaga ngombwa ko abana bahaturiye bajya kwigira kure kubera imyanya mikeya. Ubwo yifatanyaga n'ubuyobozi bw'Akarere ka Nyaruguru mu gutaha ibi byumba by'amashuri, kuri uyu wa 16 Nyakanga 2020, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo, Alice Kayitesi, yashimye kuba barihutishije iki gikorwa, […]
Post comments (0)