Ubuyobozi bw’ibitaro bya Kigeme bwagize icyo buvuga ku kuba serivisi zimwe zimuriwe mu bigo nderabuzima
Ubuyobozi bw’ibitaro bya Kigeme mu karere ka Nyamagabe buratangaza ko butari kwakira abarwayi bivuza bataha ahubwo ko serivisi bakenera bazisanga mu bigo nderabuzima bibegereye. Ubuyobozi bw’ibitaro bugaragaza ko bishoboka ko serivisi zimurirwa mu bigo nderabuzima, ariko hagakekwa amakuru ya Coronavirus yaba yaragaragaye muri ibyo bitaro bagahitamo guhagarika urujya n’uruza rw’abagana ibitaro. Cyakora itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi mukuru w’ibitaro bya Kigeme Ephrem Nzabonimana ku wa 15 Nyakanga 2020 rigaragaza ko servisi […]
Post comments (0)