Kigali: Abantu 300 bishyuriwe mituweri ngo hehe no kurembera iwabo
Abaturage 300 batishoboye bo mu kagari ka Nyabugogo, umurenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge, bishimira kuba barishyuriwe ubwisungane mu kwivuza kuko ngo bumvaga ntaho bazakura amafaranga yo kwiyishyurira. Ni igikorwa cyabaye ku wa gatatu tariki 15 Nyakaganga 2020, aho itorero Rwanda Legacy of Hope ryatanze Sheki y’Amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 900 yahise ishyikirizwa ubuyobozi bw’akagari ka Nyabugogo. Uretse icyo gikorwa, Rwanda Legacy of Hope kuva muri 2012, ifasha igihugu […]
Post comments (0)