Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Insengero 26 kuri 326 ni zo zemewe gufungura kuri iki cyumweru

todayJuly 18, 2020 42

Background
share close

Umuyobozi w’ihuriro ry’imiryango ishingiye ku myemerere mu karere ka Nyagatare pasiteri Karemera Kizito avuga ko amabwiriza ajyanye no kwirinda icyorezo cya COVID-19 mugihe cy’amateraniro rusange bazayubahiriza kandi ko abazayateshukaho bacyahwe.

Yabitangaje kuri uyu wa 18 Nyakanga, ubwo habarurwaga insengero zujujwe ibisabwa zizatangira amateraniro rusange kuri uyu wa 19 Nyakanga.

Muri ubwo bugenzuzi basanze insengero 26 mu mirenge icyenda ku 14 igize Akarere ka Nyagatare ari zo zemerewe gukora ku ikubitiro kuri iki cyumweru.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

HEC igiye gushyiraho amabwiriza akakaye ku bashaka gushinga kaminuza

Inama nkuru ishinzwe uburezi (HEC) irateganya gushyiraho amabwiriza akakaye ku bashoramari bashaka gushinga kaminuza zigenga n’amashuri makuru mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi muri ibyo bigo. Ayo mabwiriza agiye gushyirwaho nyuma y’uko mu ntangiriro za Nyakanga uyu mwaka hari kaminuza eshatu zafunzwe burundu zizira imicungire idahwitse bigatuma n’ireme ry’uburezi zitanga rikemangwa. Umva inkuru irambuye hano:

todayJuly 18, 2020 32

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%