Nyagatare: Insengero 26 kuri 326 ni zo zemewe gufungura kuri iki cyumweru
Umuyobozi w’ihuriro ry’imiryango ishingiye ku myemerere mu karere ka Nyagatare pasiteri Karemera Kizito avuga ko amabwiriza ajyanye no kwirinda icyorezo cya COVID-19 mugihe cy’amateraniro rusange bazayubahiriza kandi ko abazayateshukaho bacyahwe. Yabitangaje kuri uyu wa 18 Nyakanga, ubwo habarurwaga insengero zujujwe ibisabwa zizatangira amateraniro rusange kuri uyu wa 19 Nyakanga. Muri ubwo bugenzuzi basanze insengero 26 mu mirenge icyenda ku 14 igize Akarere ka Nyagatare ari zo zemerewe gukora ku ikubitiro […]
Post comments (0)