Inkuru Nyamukuru

#GumaMuRugo yagabanyije ubusinzi, ubusambanyi no kurwana kw’abashakanye – RIB

todayJuly 22, 2020 44

Background
share close

Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko ibyaha bikorwa n’abashakanye birimo ubusinzi, ubusambanyi no kurwana, byagabanyutse muri iki gihe hashyizweho amabwiriza yo kwirinda Covid-19.

Ni nyuma y’aho Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko asabiye Guverinoma gusuzuma niba ikibazo cy’ihohoterwa mu ngo yumvise mu binidi bihugu no mu Rwanda cyaba gihari.

Mu kiganiro Umuvugizi w’Ubugenzacyaha RIB, Domique Bahorera yahaye KT Radio, yavuze ko n’ubwo nta mibare afite hafi, mu gihe hariho gahunda ya guma mu rugo ngo ni bwo abashakanye bagaragaje kwiyubaha imbere y’abana, bigatuma nta hohoterwa ribaho.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

HARI IMIDUGUDU YAHEZE MU ICURABURINDI NYAMARA IKIKIJWE N’INDI YAHAWE AMASHANYARAZI

Abaturage bo muri imwe mu midugudu itaragezwamo amashanyarazi yo mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe mu gihirahiro batewe no kuba bataragezwaho umuriro w’amashanyarazi, nyamara abo mu yindi midugudu begeranye ho baramaze kuyabona. Ubuyobozi bwa REG ishami rya Musanze butangaza ko impamvu yo kuba hari imidugudu itarageramo amashanyarazi mu gihe iyo byegeranye yamaze kuyegerezwa, kenshi biterwa n’uko ubushobozi bwo kuyakwirakwiza hose buba budahagije. Umva inkuru irambuye hano:

todayJuly 22, 2020 24

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%