#GumaMuRugo yagabanyije ubusinzi, ubusambanyi no kurwana kw’abashakanye – RIB
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko ibyaha bikorwa n’abashakanye birimo ubusinzi, ubusambanyi no kurwana, byagabanyutse muri iki gihe hashyizweho amabwiriza yo kwirinda Covid-19. Ni nyuma y’aho Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko asabiye Guverinoma gusuzuma niba ikibazo cy’ihohoterwa mu ngo yumvise mu binidi bihugu no mu Rwanda cyaba gihari. Mu kiganiro Umuvugizi w’Ubugenzacyaha RIB, Domique Bahorera yahaye KT Radio, yavuze ko n’ubwo nta mibare afite hafi, mu gihe hariho gahunda ya guma […]
Post comments (0)