Umugore wifuzwa muri 2050 ni uwuzuza inshingano z’urugo kandi wateye imbere
Mu gihe mu Rwanda hatangiye gutekerezwa ku bizagerwaho muri 2050, urugaga rw’abagore rushamikiye kuri RPF rwifuza ko icyo gihe umugore w’umunyarwanda azaba abasha kuzuza inshingano z’urugo neza, yaranateye imbere kurusha. Hélène Uwanyirigira ukuriye inama y’igihugu y’abagore mu Karere ka Huye, avuga ko umugore wifuzwa muri 2050 ari uzaba yuzuza inshingano eshatu kandi akazuzuza neza. Pélagie Kayirebwa, uhagarariye urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango RPF mu Karere ka Huye avuga ko mu […]
Post comments (0)