Inkuru Nyamukuru

Umubano w’u Rwanda na Zambia uracyari wose – Minisitiri Biruta Vincent

todayAugust 13, 2020 31

Background
share close

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta aremeza ko umubano w’u Rwanda na Zambia nta gitotsi na kimwe ufite, binyuranye n’ibinyoma biheruka kuvugwa na Callixte Nsabimana uri imbere y’ubutabera kubera ibyaha ashinjwa by’iterabwoba.

Uyu Nsabimana aherutse kuvugira imbere y’ubucamanza ko umuryango w’iterabwoba yari abereye umuvugizi waterwaga inkunga na Perezida wa Zambia Edgar Lungu, ibi ariko byahise byamaganirwa kure n’iki gihugu.

Umva inkuru irabuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ubuhinde: Umusore yahimbye akuma gatuma umuntu atandurira coronavirus muri asanseri

Mu gihe abantu basaga miliyoni 20 bamaze kwandura icyorezo cya Coronavirus, hari benshi bafite ubwoba bwo kwandurira iyi virus muri asanseri (ascenseur, elevator) byaba mu gukanda amabuto cyangwa se mu guhagararanamo n'umuntu wanduye. Ku bantu bagira ubwoba bwo gukora ku mabuto ashobora kuba yanduye, umwenjeniyeri wo mu gihugu cy'Ubuhinde yahimbye uburyo butuma umuntu abasha guhamagara asanseri, ikanamugeza kuri etaje yifuza kugeraho bitabaye ngombwa ko hari buto n'imwe akanda. Uyu muhinde […]

todayAugust 13, 2020 26

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%