MINISANTE yasobanuye abasabwa kwirinda/kurindwa Covid-19 by’umwihariko
Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) ivuga ko n’ubwo amabwiriza yo kwirinda Covid-19 areba abantu bose, abafite ikibazo cy’ubudahangarwa buke bw’umubiri bo basabwa kwirinda by’umwihariko. MINISANTE ivuga ibi ishingiye ku baheruka kwicwa na Covid 19, bombi ngo bari bakuze banafite ibibazo by’ubundi burwayi burimo ibiro byinshi n’umubyibuho ukabije. Minisitiri w'Ubuzima, Dr Daniel Ngamije avuga ko abantu babiri baheruka kwicwa na Covid-19, bombi bari bakuze umwe afite imyaka 51, undi afite 77, hari uwari asanzwe […]
Post comments (0)