Perezida Kagame yibukije abantu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo hashize amezi menshi abantu bari mu rugamba rwo guhangana na COVID-19, icyo cyorezo kigihangayikishije isi. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Perezida Kagame yagarutse ku nama zo kwirinda icyo cyorezo zirimo kwambara neza agapfukamunwa, gukaraba intoki kenshi, gusiga intera hagati y’abantu, kwisuzumisha, ndetse no gukurikiza andi mabwiriza yose atangwa n’inzego zibishinzwe. Yavuze ko nubwo hari intambwe ishimishije yatewe mu guhangana na […]
Post comments (0)