Covid-19 yabangamiye ubufatanye mpuzamahanga – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko umubano n’ubutwererane bw’u Rwanda n’u Buhinde bigenda birushaho gutera imbere kandi ko intego ari ukurushaho gushimangira imibanire y’ibihugu byombi. Perezida Kagame yabivugiye mu muhango wo gutangiza ibiganiro ngarukamwaka byitwa ‘Raisina dialogue’ bisuzumirwamo ibibazo byugarije isi, muri uyu mwaka bikaba byaribanze ku cyorezo Covid-19, ibiganiro byanitabiriwe na Minisitiri w’intebe w’u Buhinde Narendra Modi. Muri ibi biganiro bitegurwa n’umuryango Observer Research Foundation ku bufatanye na Guverinoma […]
Post comments (0)