Icyizere cyo kubaho ku banyarwanda cyariyongereye kigera ku myaka 69
Raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, yo muri uyu mwaka yashyize u Rwanda ku mwanya wa 11 mu kugira abaturage bafite icyizere cyo kubaho kiri hejuru mu Afurika. Kiva kunmyaka 67 kigera ku 69. Bamwe mu baturage b’ingeri zitandukanye ndetse n’impuguke mu iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza, bavuga ko ibi bishingiye ku miyoborere myiza. Impuguke mu buzima n'imibereho y'abaturage, Mporanyi Theobald, aganira na RBA, yavuze ko ubukungu bw'igihugu n'ubw'abantu ku […]
Post comments (0)