Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga muri Mozambique yasuye Ingabo z’u Rwanda
Perezida w’urukiko rwikirenga rwa Mozambique, Adelino Manuel Muchanga ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa polisi muri Mozambique (IGP) Bernardino Rafael basuye tumwe mu turere ahari ingabo z'u Rwanda. Ni uruzinduko bakoze ku wa Kabiri tariki 06 Nzeri,mu turere twa Mocimboa da Praia na Palma aho inzego z’umutekano z’u Rwanda zatangiriye ibikorwa bihuriweho kuva muri Nyakanga 2021. Aba bayobozi bashimye ingabo zihuriweho ku bwo kubungabunga umutekano mu ntara ya Cabo Delgado ndetse […]
Post comments (0)