Mu Rwanda hatangijwe gahunda izafasha kwihutisha imanza no kugabanya ubucukike muri gereza
Mu Rwanda hatangijwe gahunda nshya izafasha kwihutisha imanza no kugabanya ubucukike muri gereza, mu rwego rwo korohereza ubutabera ndetse n’ababuranyi. Ni gahunda izwi nk’igikorwa cy’ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha (Plea Bargaining Procedure), yatangirijwe i Kigali, kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Ukwakira 2022, mu muhango witabiriwe n’inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubutabera. Abunganizi mu bijyanye n’amategeko bavuga ko nta mpungenge zo kubura akazi bafite N’ubwo iyi gahunda atari nshya cyane […]
Post comments (0)