Nta ntego zagerwaho hatabaye uruhare rwuzuye rw’abagore mu Nteko – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ubwo yatangizaga Inama y’ihuriro rya 145 ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi, yavuze ko abagize Inteko Ishinga Amategeko bakwiye kumva ko batagera ku nshingano zabo zo guhagararira abaturage, abagore batabigizemo uruhare. Perezida Kagame ahamya ko nta ntego zagerwaho hatabaye uruhare rwuzuye rw’abagore mu Nteko Umukuru w’Igihugu, ibi yabigarutseho ku wa Kabiri tariki 11 Ukwakira 2022, ubwo yatangizaga ku mugaragaro Inama y’ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku isi, […]
Post comments (0)