Perezida Biden yemeje amasezerano ku mavugurura ya Kigali mu kugabanya imyuka yangiza ikirere
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko yashyize umukono ku masezerano yavugururiwe Kigali, agamije kwihutisha ibikorwa byo kugabanya ikoreshwa ry’imyuka yangiza ikirere. Biden ku wa Kane tariki 27 nibwo yatangaje ko yashyize umukono kuri ayo masezerano afata nko kugera ku ntsinzi y'amateka ku bikorwa byo guhangana n'imihindagurikire y'ikirere ku isi. Mu butumwa yashyize kuri Twitter yagize ati: "Nishimiye gusinya Amavugurura ya Kigali, intsinzi y’amateka ku bakora […]
Post comments (0)