Ubufatanye bwa Leta n’abikorera, ishingiro ry’igisubizo mu guhangana n’imihindagurikire y’ikirere – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko hakenewe ubufatanye bwa Leta n’abikorera, nk’ishingiro ry’igisubizo ku guhangana n’imihindagurikire y’ikirere. Perezida Paul Kagame Perezida Kagame yabitangaje ubwo yitabiriga akanageza ijambo ku bitabiriye umusangiro w’ifunguro rya mu gitondo, mu ihuriro Terra Carta Action Forum wateguwe na The sustainable Markes Initiaves n’Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth. Uyu musangiro wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 07 Ugushyingo 2022, mu gihe hakomeje Inama ya COP27 irimo […]





Post comments (0)