Mu Rwanda hatangiye gutunganyirizwa isukari irimo Vitamini A
Mu Rwanda hatangiye gutunganyirizwa isukari irimo vitamin A, yujuje ubuziranenge kandi ifunze neza mu buryo budashidikanywaho, kubera ko ibipimo biba byuzuye neza nk’uko bikwiye. Illovo sugar yongerwamo vitamine A ndetse ikaba ifunze mu buryo bwujuje ubuziranenge Ubusanzwe uretse kuba isukari imenyerewe mu Rwanda nta vitamini A ibamo ariko kandi ngo n’uburyo ifungwamo ntabwo buba bwizewe yaba ku bipimo byayo cyangwa se isuku yayo, bitewe n’ibyo igenda ifungwamo bitandukanye. Kuri ubu […]
Post comments (0)