Eddy Kenzo yahishuye ko hari abantu bishyuriwe kumuhitana
Edrisah Musuuza, Umuhanzi w’umunya-Uganda wamamaye nka ’Eddy Kenzo’ yavuze ko afite ubwoba akomeje guterwa n’abantu bashaka kumwica. Umuhanzi Eddy Kenzo yahishuye ko hari abadhaka kumwica Eddy Kenzo wamamaye mu ndirimbo ’Sitya Loss’ akaba asanzwe ari umuyobozi wa sosiyete y’imyidagaduro no gufasha abahanzi, yahishuye ko hari abantu bishyuwe kugira ngo bamuhitane. Uyu mugabo yavuze ibi ubwo yaganiraga n’abanyamakuru mu murwa mukuru wa Kampala muri Uganda, agaruka ku gitaramo cy’amateka aheruka gutegura […]
Post comments (0)