Bamporiki yatakambiye urukiko kumusubikira ibihano
Kuri wa Mbere urukiko rukuru rwumvise ubujurire bwa Bwana Edouard Bamporiki wahoze ari umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco uregwa ibyaha bya ruswa, atakambira umucamanza kumusubikira ibihano. Bamporiki wakatiwe gufungwa imyaka ine. Yakomeje gutakambira umucamanza asaba gusubikirwa ibihano. Ubushinjacyaha ariko ntibukozwa uko gutakamba kwe. Buravuga ko urukiko rwa mbere rwamuhanishije igihano gito ku byaha biremereye. Bamporiki yagaragaye mu cyumba cy’urukiko rukuru yunganiwe n’abanyamategeko babiri ari bo Jean Baptiste Habyarimana […]
Post comments (0)