Uyu mukecuru yaherukaga guhura na Perezida Paul Kagame mu ruzinduko yagiriye mu Ntara y’Amajyepfo, tariki 26 Kanama 2022, amusura iwe baraganira amushimira ibikorwa byiza yamukoreye byo kumuha inka imuha amata ndetse no kuba ayoboye neza Abanyarwanda ubu bakaba bari mu gihugu gifite amahoro.
Ku wa kane Minisitiri w'intebe wa Isirael, Benjamin Netanyahu na guverinoma ye yari aherutse gushyiraho bimitswe mu mirimo yabo. Mbere y’uko Benjamin Netanyahu arahirira imbere y’inteko ishinga amategeko, abadapite babanje kwemeza guverinoma ye na porogaramu yayo izakurikiza. Guverinoma ya Ntanyahu yiganjemo abahezanguni mu bya politiki n’idini, bavuga ko Isirael ari iy’Abayahudi gusa, badashaka ko leta ya Palestina ibaho, ndetse banarwanya uburenganzira bwa muntu bumwe na bumwe bavuga ko bunyuranyije n’imyemerere […]
Post comments (0)