Isomwa ry’urubanza rwa Bamporiki ryasubitswe
Isomwa ry’Urubanza rwa Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, ryari riteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki 16 Mutarama 2023 ryasubitswe, ryimurirwa tariki 23 Mutarama 2023 saa munani (14h00) zuzuye. Bamporiki EdouardUmuvugizi w’Inkiko mu Rwanda, Harrison Mutabazi, yatangaje ko impamvu urubanza rwe rwasubitswe ari uko rutararangizwa kwandikwa.Ati “Ntabwo urubanza rurarangizwa kwandikwa kandi ubundi urukiko rusoma imyanzuro yanditse, niyo mpamvu rwasubitswe ngo rubanze rwandikwe rwose”. Taliki 19 […]




Post comments (0)