Buri karere kagiye kubakwamo ishuri ry’icyitegererezo ry’imyuga n’ubumenyingiro
Mu rwego rwo gukomeza kurushaho kunoza ireme ry’uburezi mu mashuri ya Tekiniki, Imyuga n’ubumenyingiro (TVET), ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere imyigishirize yayo (RTB), kiratangaza ko hagiye kubakwa amashuri y’icyitegererezo y’imyuga n’ubumenyingiro muri buri karere. Kuba Leta yifuza ko ibyigishwa mu mashuri ya TVET bihura n’icyerekezo cy’Igihugu, bikanahuzwa n’amahirwe ari mu gihugu cyane cyane ashingiye ku byo ubukungu bwa buri karere bwubakiyeho, hatekerejwe ko hakorwa ishuri ry’icyitegererezo rya Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro […]
Post comments (0)