Nanze ko u Rwanda ruba urwitwazo rw’abayobozi ba Congo – Perezida Kagame
Aya ni amagambo atangira ikiganiro Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagiranye n’ikinyamakuru Jeune Afrique, asobanura iby’umubano w’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) utifashe neza biturutse ahanini ku mutwe wa M23. Perezida wa Repubulika, Paul Kagame Umukuru w’Igihugu avuga ko kubura ubushobozi kwa Leta ya Congo (RDC) mu micungire y’icyo gihugu kinini cyane muri Afurika, gifite imico itandukanye ndetse n’ubukungu kamere bwinshi, bituma u Rwanda ruhora ari urwitwazo […]
Post comments (0)