Uhuru Kenyatta yatumije Inama y’igitaraganya yiga ku mutekano muri DRC
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya akaba ari we muhuza mukuru mu biganiro byo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DR Congo yasabye ko habaho Inama yihutirwa y’abajyanama ba EAC mu gusuzuma ibibazo by’umutekano bikomeje kwifata nabi muri icyo gihugu. Itangazo ryaturutse mu biro bye rivuga ko yatumije iyo nama y’igitaraganya kubera ibibazo by’umutekano bikomeje kugaragara mu Burasirazuba bwa DRC, cyane cyane muri Ntara ya Ituri na Kivu y’Amajyaruguru ahavugwa […]
Post comments (0)