Abashoramari bo mu Rwanda na UAE biyemeje gushimangira ubufatanye mu bucuruzi
Itsinda ry’abacuruzi n’abashoramari baturutse mu Rwanda bitabiriye inama y’ubucuruzi ibahuza na bagenzi babo bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu mu rwego rwo kugaragaza amahirwe y’ishoramari n’ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi. Iyi nama yatangiye ku wa Kabiri tariki ya 21 ikazasoza ku ya 25 Gashyantare 2023, aho abacuruzi n’abashoramari baturutse mu Rwanda bagize umwanya wo kumurikira ku mihanda amahirwe n’ibyiza u Rwanda rufite utasanga ahandi. Ubu buryo bw’imurikabikorwa ryo ku mihanda (Roadshows) […]
Post comments (0)