Iri soko ryubatswe mu mujyi wa Mocimboa da Praia, ryuzuye mu minsi 54, rikaba rifite agaciro ka miliyoni 25Frw, nk’uko byatangarijwe muri uwomuhango.
Uyu muhango wabaye wa Kabiri tariki 07 Gashyanatare 2023, witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye barimo Guverineri w’intara ya Cabo Delgado, Bwana Valige Tauabo, Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique, Claude Nikobisanzwe, umuyobozi w’ingabo za Mozambique, Maj Gen Tiango Alberto Nampele n’abayobozi batandukanye b’akarere ka Mocimboa da Praia.
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze n’abaturage, yafashe ibiyobyabwenge by’urumogi bingana n’ibilo 45 n’udupfunyika 487, mu bikorwa bitandukanye byakorewe mu karere ka Burera na Kicukiro, hafatwa abantu babiri bakurikiranyweho kugira uruhare mu kubyinjiza mu gihugu no kubikwirakwiza. Ku wa Mbere tariki ya 6 Werurwe, mu mudugudu w’Imena, akagari ka Bwerankori mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro, hafatiwe umugore w’imyaka 39 y’amavuko wafatanywe udupfunyika tw’urumogi 487. Ni mu gihe […]
Post comments (0)