Inkuru Nyamukuru

Mu mafoto irebere umwe ku wundi abanyamakuru bakugejejeho Tour du Rwanda 2023

todayMarch 9, 2023

Background
share close

Mu minsi ishize ni bwo mu Rwanda hasojwe isiganwa rya Tour du Rwanda ryegukanywe n’umunya-Eritrea Henok Muluebrhan.

Nyuma yo kuba bakorera ibitangazamakuru bitandukanye, intego yari imwe yo kugeza amakuru ya Tour du Rwanda ku bantu bose

Ni isiganwa mpuzamhanga ryitabirwa n’ibihangange, by’umwihariko Tour du Rwanda 2023 yitabiriwe n’umunyabigwi Chris Froome wegukanye Tour de France inshuro enye, aha byatumye umubare w’abakurikira iri siganwa wikuba inshuro nyinshi.

Kugira ngo amakuru agere kuri buri wese wifuza kuyamenya, itangazamakuru riza ku isonga yaba iryo mu Rwanda ndetse n’itangazamakuru mpuzamahanga. Hari benshi baba bifuza kumenya abanyamakuru babagezagaho amakuru umunota ku wundi.

Uwafataga amashusho yatambutswaga kuri Televiziyo Rwanda
Acungira hafi ko abasiganwa bagera aho isiganwa risorezwa ngo afate amashusho
Banyuzagamo bagafata amafoto mu gihe bategereje abasiganwa ko bagera hafi..
MC David Bayingana umaze igihe kinini ayobora ibirori by’umukino w’amagare
Mugisha Dua ufatira amashusho ikinyamakuru IGIHE
Jado Dukuze wa FINE FM
Eric Muhire wafataga amashusho y’ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo TV5
Jean Claude Hitimana, Umunyamakuru akaba n’umuyobozi wa Radio 10
Ishimwe Israel wa Igihe
Jean Claude Kanyamahanga “Kanyizo” na Mihigo Saddam wa BTN
MC Buryohe, yari umwe mu bashyushyarugamba
Moses Niyonzima wa Kigali Today (uhagaze) na Renzaho Christophe wa Rwanda Magazine (wicaye)
Ngabo Roben wa Radio & TV One
Renzaho Christophe wa Rwanda Magazine
Mihigo Saddam na Mugenzi we ufata amashusho kuri BTN
Nyirabahire Safynat ufata amashusho ya Flash TV
Yvonne Iradukunda Karugenge wa B&B
Claire Mutoni wa Power FM
Ephrem Kayiranga wa Radio Flash
Fabrice wa RBA ufata amashusho yo mu kirere hifashishijwe Drone
Sammy Imanishimwe wa Kigali Today na KT Radio
Jean Claude Hitimana na Kanyizo
Ishimwe Olivier uzwi nka Demba Ba ukorera Inyarwanda
Jimmy Adnan wafataga amashusho ya TV 10
Niyonzima Moise, ufata amafoto ya Kigali Today ari nawe wafashe aya mafoto yose
Paul Mugabe wa Radio & TV 10, unakoresha imbuga nkoranyambaga zayo
Rabbin Imani Isaac wa isango Star
Rigoga Ruth wa RBA
Kayishema Tity Thierry wa RBA, ari nawe ushinzwe itangazamakuru muri FERWACY
Jean Claude Hitimana (Radio 10), Jean Claude Kwizigira (Radio Rwanda), Ephrem Kayiranga (Flash FM) na Sammy Imanishimwe (Kigali Today)
Nyuma yo kuba bakorera ibitangazamakuru bitandukanye, intego yari imwe yo kugeza amakuru ya Tour du Rwanda ku bantu bose
Nyuma yo gusoza akazi k’iminsi umunani, ni uku byari bimeze

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Idamange arasabirwa kongererwa indi myaka 6 yo gufungwa

Ku wa Gatatu tariki 8 Werurwe 2023, Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabiye Yvonne Idamange Iryamugwiza kongererwa igihano yakatiwe muri 2021, kuva ku myaka 15 kugera kuri 21 bitewe n’ibyaha akurikiranyweho. Yvonne Idamange Iryamugwiza Urukiko Rukuru, Urugereko ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka rukorera i Nyanza, rwahamije Idamange ibyaha byo kugambirira guteza imvururu muri rubanda, gupfobya Jenoside no gutanga amakuru y’ibihuha yifashishije murandasi. Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kuburanisha urubanza ruvuga ko mu ikoranabahanga rikoreshwa n’Inkiko, […]

todayMarch 9, 2023

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%