Ntabwo ari ku nshuro ya kenshi mu Rwanda haba igitaramo cy’imbyino nyarwanda gusa, ku wa 19 Werurwe 2022 mu ihema rya Kigali Conference and Exhibition Village ahazwi nko kuri Camp Kigali, habereye igitaramo cy’Inyamibwa, cyahuruje abaturutse imihanda yose.
Ahagana saa mbili nibwo itsinda ry’abakaraza bakiri bato rya ‘Nyundo Kid Drumers’ ryabimburiye Inyamibwa ku rubyiniro, mu murishyo w’ingoma ndetse n’umudiho, maze babimburira abandi mu ngamba, nuko baheraho barabyina biratinda.
Mu mukino wa gicuti wahuje ikipe y’abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda “AJSPOR” n’abayobozi ndetse n’abatoza ba Rayon Sports, byarangiye AJSPOR yegukanye intsinzi. Kuri iki Cyumweru ku kibga cy’imyitozo cyo mu Nzove habereye umukino wa gicuti wahuje ikipe y’abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda “AJSPOR” n’abayobozi ndetse n’abatoza ba Rayon Sports, umukino wari mu rwego rw’ubusabane mu gihe shampiyona yahagaze. Ni umukino watangiye ahagana i Saa Kumi z’umugorba, aho waje ukurikira umukino […]
Post comments (0)