Ibikubiye mu ibaruwa Paul Rusesabagina yandikiye umukuru w’Igihugu asaba imbabazi
Minisiteri y'Ubutabera ku wa gatanu tariki 24 Werurwe 2023, nibwo yasohoye itangazo rivuga ko Paul Rusesabagina na Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara bari bafunzwe kubera guhamwa n'ibyaha by’iterabwoba bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika nyuma yo kwandika bazisaba. Ibaruwa yanditswe na Paul Rusesabagina, yandikiye Perezida Kagame asaba kubabarirwa, bigaragara ko yanditswe tariki 14 Ukwakira 2022. Muri iyi baruwa, Paul Rusesabagina atangira agira ati: "Nyakubahwa, Mbandikiye nicishije bugufi nsaba imbabazi kugirango nzashobore […]




Post comments (0)