Ku wa Mbere tariki 10 Mata 2023 mu Kagari ka Rugendabari, Umudugudu wa Kanyamasha mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza, habonetse imibiri 45 bikekwa ko ari iy’Abatutsi bishwe muri Jenoside mu Rwanda mu 1994.
Ni amakuru yamenyekanye mu ma saa yine z’amanywa, abaturage ari bo babimenyesheje ubuyobozi.
Imirwano hagati y'Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC n'umutwe wa M23, yatangiye mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Mata, mu birometero 14 uvuye mu mujyi wa Goma. Imirwano yatangiye saa kumi za mu gitondo mu gace ka Kanyanja muri grupema ya Buhumba. Ibi byatangajwe na Flaklin Byamungu, umuyobozi wa sosiyete sivile muri komine ya Kibumba, imwe mu zigize teritware ya Nyiragongo. Byamungu […]
Post comments (0)