Kigali: Umunyamahanga yasubijwe amafaranga asaga Miliyoni enye aherutse kwibwa
Polisi y’u Rwanda, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Mata 2023 yeretse itangazamakuru abasore babiri bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni enye (4,110,000 Frw) mu modoka y’umunyamahanga Walker Jemrose Leonara mu Mujyi wa Kigali. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko uyu Mwongerezakazi Walker Jemrose Leonara, yaparitse imodoka ahazwi nka Downtown mu Mujyi wa Kigali ku wa Gatatu […]
Post comments (0)