Amakuru avuga ko ku wa mbere, mu murwa mukuru wa Sudani, Khartoum, wagabweko ibitero bikomeye byy’indege, ndetse kandi ko wumvikanyemo amasasu menshi y’imbunda ziremereye.
Théodette Mukamurara Kajabo wigaga mu ishuri Marie Merci Kibeho, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, avuga ko Jenoside yamutwariye abe bikanamubabaza, ariko ngo ibyamukomerekeje cyane ni ibyo yaboneye i Kibeho, harimo umwana w’umwaka umwe bamwambuye bakamukubita ubuhiri agahita apfa. Mukamurara avuga ko yakomerekejwe cyane n’ibyo yabonye i Kibeho N’ubwo Jenoside iba hari mu biruhuko, abandi banyeshuri bakaba bari iwabo, abo muri Marie Merci bo bari ku ishuri bitewe […]
Post comments (0)