Gen Kazura yagaragaje ko hakenewe kuvugurura ibikorwa by’ubutumwa bw’amahoro
Umugaba Mukuru w'ingabo z'u Rwanda Gen. Jean Bosco Kazura asanga igihe kigeze ngo habe amavugurura mu mikorere y'ubutumwa bw'amahoro hirya no hino ku Isi kuko kubungabunga amahoro bisaba kubanza kuyashaka no kuyagarura aho yahungabanye. Gen. Kazura yabigarutseho mu kiganiro ku hazaza h'ibikorwa by'ubutumwa bw'amahoro ari na cyo gisoza inama ku mutekano, National Security Symposium 2023 imaze iminsi 3 ibera muri Kigali Convention Centre. Gen. Kazura yavuze ko gusuzuma no gusesengura […]
Post comments (0)