GEARG yatanze amahugurwa mu kwihangira imirimo no kurwanya ihungabana
Ubuyobozi bw’Umuryango GAERG w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside, bwateguye amahugurwa yagenewe bamwe mu banyamuryango bawo b’urubyiruko mu bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe no kwihangira imirimo, bikazabafasha guhangana n’ibibazo by’ihungabana. Ayo mahugurwa y’iminsi 15 yasojwe tariki 02 Gicurasi 2023, yagenewe abagera kuri 200, ategurwa n’Umuryango GEARG ku bufatanye na Kaminuza Mercer University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Dr. Ntezimana Jean Nepomuscene, Komiseri w’isanamitima n’ubudaheranwa muri GEARG, yavuze ko nyuma […]
Post comments (0)