Gisimba Damas wahishe Abatutsi muri Jenoside akita no ku mpfubyi yitabye Imana
Mutezintare Gisimba Damas wari Umurinzi w’Igihango yitabye Imana kuri iki Cyumweru azize uburwayi, nk’uko amakuru yatangajwe n’abo mu muryango we abivuga. Gisimba Damas wari ufite imyaka 62 yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge i Kigali. Azwiho kugira ikigo cyamwitiriwe (Kwa Gisimba) cyarererwagamo impfubyi (Gisimba Memorial Center) mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge, bikavugwa ko cyarerewemo abasaga 600 mu bihe bitandukanye. Mu gihe cya Jenoside kandi iki kigo […]
Post comments (0)