Polisi yafashe ibilo 15 by’urumogi n’udupfunyika turenga 2000
Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rungana n’ibilo 15 n’udupfunyika twarwo 2,494 mu bikorwa bitandukanye byakorewe mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Burera, hafatwa abantu batatu bakurikiranyweho kugira uruhare mu kubyinjiza mu gihugu. Abagabo babiri barimo ufite imyaka 53 n’undi w' imyaka 42 y’amavuko bafatiwe mu mudugudu wa Mwiyanike, akagari ka Kadahenda, mu murenge wa Karago wo mu Karere ka Nyabihu, batwaye mu modoka rusange udupfunyika 2100 tw'urumogi, ku gicamunsi cyo […]
Post comments (0)