Kuri uyu wa kabiri, tariki 11 Nyakanga ni umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka w’abaturage. Ni umunsi washyizweho n’umuryango w’abibumbye mu rwego rwo kongera gutekereza no gushakira ibisubuzo ibibazo bibangamiye abaturage hirya no hino ku isi.
Abakorera mu Gakiriro k’i Masoro mu Murenge wa Ndera, aho ugabanira n’uwa Kimironko mu Izindiro, bavuga ko kahiye hafi ya kose kuko mu mitungo y’abagakoreragamo bagera muri 15 hasigaye iya babiri gusa. Uwitwa Ntagorama agira ati "Urumva ahantu hakoreraga abantu bagera nko muri 15, ahantu hatahiye ni ah’abantu babiri gusa, babiri rwose bo haruguru ni bo kizimyamoto yahageze (inyubako) zitarafatwa, ni hafi ya kose". Iyo nkongi bataramenya icyayiteye ngo yadutse […]
Post comments (0)