John Mirenge yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri UAE
John Mirenge yashyikirije Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Abarabu, H.H. Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda nka Ambasaderi mushya mu bihugu by’Abarabu. Uyu muhango wabaye ku wa Gatatu tariki ya 16 Kanama 2023, mu ngoro ya Qasr Al Watan iherere i Abu Dhabi.Nyuma yo gutanga izo mpapuro, Ambasaderi Mirenge yagaragaje ko mu nshingano ze aziyemeza guteza imbere ubufatanye busanzweho, hagati y’ibihugu byombi no ku rwego […]
Post comments (0)